Imyidagaduro

Ariel Wayz yishimiwe na Minisitiri Nduhungirehe

Ariel Wayz yagaragaje ko ari iby'agaciro kuba Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane bw'U R...

Ibyo basabwe babyemeye: Itorero Inyamibwa AERG ryakoreye igitaramo ku ivuko

Itorero Inyamibwa AERG rimaze guhamya ibigwi mu mbyino gakondo ryaraye ritaramiye mu nyubako y'imyid...

Ykee Benda yagarutse ku gitaramo cyamuteye ibikomere mu muziki

Umuhanzi wo mu gihugu cya Uganda, Ykee Benda yahishuye ibihe bibi yagiriye mu gitaramo yatumiwemo cy...

Will Smith yahishuye inkomoko y’izina yise album ye nshya

Umukinnyi wa filime, Will Smith yahishuye ko mbere yo gukora album “Based On A True Story” yabanje g...

Ed Sheeran yavuze impamvu buri gihe yandika indirimbo atekereza Rihanna

Umuhanzi wo mu Bwongereza, Ed Sheeran yavuze ko yabyirutse akunda Rihanna yandika indirimbo zakunzwe...

Bobi Wine yemeye kurwana na Gen Muhoozi ahita yiha intego

Nyuma y'uko Umugaba Mukuru w'Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi asabye Bobi Wine ko bahurira mu cyumba b...

Dore arena 5 nini ku Isi

Arena ni inyubako yubakitswe mu buryo bw’muzenguruko ikaba yifitemo imbere imyanya n’urubuga rwubats...

Anne Kansiime yagaragaje ukuntu TikTok icisha bugufi Abanya-Afurika

Umunyarwenyakazi wo mu gihugu cya Uganda, Anne Kansiime yikije ku kuntu urubuga rwa TikTok rufite ib...

Ndandambara ari kubyinira ku rukoma kubera ko yahawe ikibanza

Umuhanzi uzwi nka Ndandambara wamenyekanye mu ndirimbo "Ndandambara" yakunzwe n'ab'ingeri zose kuber...

Shatta Wale yarivumbuye! Menya amafaranga yahembwe abahanzi bashimishije umuherwe, Ri...

Mu mpera z'icyumweru gishize zihariwe n'ibirori by'umukire wo muri Ghana, Richard Quaye, wabikoze mu...

Impamvu umugabo w’umunyemarikazi, Zari, Shakib atigeze asoza amashuri yisumbuye

Lutaaya uzwi cyane nka Shakib Cham yavuze ko mu bwana bwe yize mu bigo bitandukanye ariko birangira ...

Ni iki umugabo n'umugore bihinduje abirabura bashakaga?

Umugore wo mu gihugu cy'U Budage witwa Martina Big n'umugabo we, Michael Eurwen (abazungu) batungura...

Wari ubizi ko uteranyije amafaranga ya Messi na Ronaldo atagera ku ya Jay Z?

Messi na Cristiano Ronaldo ni bamwe muri barurangiranwa mu gukina umupira w'amaguru. Nubwo bakunzwe ...

S2Kizzy yishongoye ku batunganya indirimbo bo muri EAC

Utunganya indirimbo wo mu gihugu cya Tanzania uzwi nka S2Kizzy cyangwa se Zombie yavuze ko abona nta...

Kaminuza yajyanywe mu nkiko izira gukoresha indirimbo ku mbuga nkoranyambaga

Kaminuza yo muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika izwi "Southern California" yajyanywe mu nkiko n'ikigo g...

Icyo wamenya ku Gitera cyujuje imyaka 42 cyasizwe na Michael Jackson

Ku munsi wo ku wa Kabiri mu bitangazamakuru bitandukanye byo muri Amerika hiriwe hacicikana amakuru ...

   LISTEN RADIO