Ibanga ry'ubuzima

Ntutinye ibihe bikomeye: Ni byo biguhishurira inshuti nyakuri

Mu buzima bwa buri munsi, abantu benshi bakikijwe n’abo bita inshuti, ariko si bose baba ari abo kwi...

Gukomera si amagambo gusa cyangwa guhora useka imbere y'abantu

Hari igihe ubuzima bugera aho bukakwereka ko nta yandi mahitamo usigaranye uretse gukomera. Si uko u...

Ntugasuzugure umuntu kubera ko umurusha umushahara: Ubutumwa ukwiriye kwibutsa umutim...

Ujye ugenza make, wubahe buri umwe wese, ntugasuzugure umuntu kubera umushahara uhembwa kuko isi ida...

Hari ubwo ibyiza dukora bituma abandi bakomereka: Si buri wese wubaha cyangwa wumva i...

Umuntu ahura n’ibintu byinshi bitandukanye, hari ubwo agira ububabare, akitangira abandi cyangwa aga...

Ubuzima ni nk’umukino, aho buri wese akinana isura itari iye.

Ubuzima bwacu burimo amasomo menshi, ariko rimwe na rimwe tubwibeshyaho nk’aho ari umukino. Abantu b...

Gukomera: Ibanga rikomeye ryo gutsinda mu buzima

Ubuzima ni urugendo rurerure rutajya rugira umurongo umwe ugororotse. Hari igihe rutujyana mu byishi...

Andika amateka yawe: Agaciro kawe si inkuru ivugwa n’abandi

Ntukemere ko amagambo mabi abandi bavuga agutesha agaciro, kuko amagambo ni nk’umuyaga aza akagenda,...

Inkovu ni diplome y’amasomo y’ubuzima: Dore impamvu udakwiye guterwa ipfunwe n’ibikom...

Hari ibintu byinshi tubona, tukanyuramo, bikadusiga twarahindutse. Hari ibihe by’ibyishimo byinshi b...

Nta bihe bibi bihoraho iteka: Ubutumwa bugenewe uri mu bihe bimugoye

Mu buzima hari ibihe umuntu ageramo akumva umutima we uremerewe n’ibibazo, akibaza niba koko azonger...

Ibitekerezo bibi ni nk’igicucu: Biba bihari ariko ntibigomba kuyobora ubuzima bwawe.

Ibitekerezo n’amagambo twibwira mu mitima yacu bigira uruhare runini mu kudufasha cyangwa kutwangiza...

Nta cyuya, nta buryohe: Inzira y’ubwenge iganisha ku iterambere

Mu buzima, hari ukuri kudashidikanywaho: nta ntsinzi ibaho itavuyemo imbaraga, kwihangana no gukora ...

Uko dutekereza ni byo bigena uko tubona isi: Dore impamvu ukwiye guhindura imitekerer...

Guhindura imitekerereze ni urugendo rukomeye kandi rw’ingenzi mu buzima bwa muntu. Uko dutekereza ni...

Satani aguhambiriza umugozi wiboheye: Hindura imitekerereze, utsinde inzitizi, utere...

Imvugo igira iti: “Satani aguhambiriza umugozi wiboheye” ni imvugo y’amarenga isobanura ukuri gukome...

Impamvu kugira umutima w’impuhwe ari impano umuntu aba yihaye

Hari indangagaciro zituma abantu baba beza kurushaho kandi bubaka isi irangwa n’urukundo n’amahoro. ...

Ubudahemuka: Urufunguzo rw’imibanire ihamye

Mu buzima bwa muntu, ubudahemuka ni inkingi ikomeye yubakirwaho umuryango, ubucuti n’imibanire myiza...

Abantu bazakwibukira kuki? Ni iki abantu bazajya bahita batekereza nibakwibuka?

Mu buzima bw’umuntu, hari ikintu gikomeye kurusha amafaranga, kurusha icyubahiro, ndetse rimwe na ri...

   LISTEN RADIO