Editor

Editor

Last seen: 6 hours ago

Member since Sep 25, 2023
 gisubizo.com@gmail.com

Ntukajye ushinja umuntu amakosa ugendeye ku bihuha, iyi nkuru itwigishe

Hari inkuru y’umusaza wari utuye ahantu mu cyaro yatangiye gukwirakwiza ibihuha avuga ngo umuturanyi...

Fata icyemezo uyu munsi: Uko wahitamo kuba wowe, aho kuba igikoresho cy’abandi

Nudakora cyane ngo inzozi zawe zibe impamo abandi bazahora bagukoresha nk'igikoresho kizabafasha kug...

Kuba uri umuntu mwiza si intege nke, si n’ikosa, ni impano ikomeye.

Ibyo wabuze n’abo wabuze si uko wabaye mubi cyangwa ngo ubure agaciro ahubwo ni uko wowe wari ukwiye...

Uwo wirengagiza uyu munsi ashobora kuzaba igikomere cyawe cy’iteka.

Ese uwo muntu uri kwirengagiza uyu munsi, uwo uri gufata nk’aho adafite agaciro, uwo uri gusuzugura,...

Nuhemukira umuntu uhubutse, uzamenye ko isi yo izakwishyura yitonze.

Mu mibereho y’abantu, hakunze kubaho guhubuka guterwa n’amarangamutima atandukanye: uburakari, ishya...

Ntutegereze ko ibibazo bishira: Dore impamvu ukwiriye kumwenyura uyu Munsi

Hari igihe ubuzima butugora ku buryo wumva nta mpamvu n’imwe isigaye yo kumwenyura. Iminsi igahinduk...

Ubuzima bwawe, inkuru yawe: Inzira yo kubaho ubuzima bufite intego.

Ubuzima bwawe niyo nkuru yawe, ukwiye kuyandika neza kandi ujye umenya neza paje ugezeho kuko abensh...

Ntutinye ibihe bikomeye: Ni byo biguhishurira inshuti nyakuri

Mu buzima bwa buri munsi, abantu benshi bakikijwe n’abo bita inshuti, ariko si bose baba ari abo kwi...

Gukomera si amagambo gusa cyangwa guhora useka imbere y'abantu

Hari igihe ubuzima bugera aho bukakwereka ko nta yandi mahitamo usigaranye uretse gukomera. Si uko u...

Ntugasuzugure umuntu kubera ko umurusha umushahara: Ubutumwa ukwiriye kwibutsa umutim...

Ujye ugenza make, wubahe buri umwe wese, ntugasuzugure umuntu kubera umushahara uhembwa kuko isi ida...

Hari ubwo ibyiza dukora bituma abandi bakomereka: Si buri wese wubaha cyangwa wumva i...

Umuntu ahura n’ibintu byinshi bitandukanye, hari ubwo agira ububabare, akitangira abandi cyangwa aga...

Ubuzima ni nk’umukino, aho buri wese akinana isura itari iye.

Ubuzima bwacu burimo amasomo menshi, ariko rimwe na rimwe tubwibeshyaho nk’aho ari umukino. Abantu b...

Gukomera: Ibanga rikomeye ryo gutsinda mu buzima

Ubuzima ni urugendo rurerure rutajya rugira umurongo umwe ugororotse. Hari igihe rutujyana mu byishi...

Andika amateka yawe: Agaciro kawe si inkuru ivugwa n’abandi

Ntukemere ko amagambo mabi abandi bavuga agutesha agaciro, kuko amagambo ni nk’umuyaga aza akagenda,...

Inkovu ni diplome y’amasomo y’ubuzima: Dore impamvu udakwiye guterwa ipfunwe n’ibikom...

Hari ibintu byinshi tubona, tukanyuramo, bikadusiga twarahindutse. Hari ibihe by’ibyishimo byinshi b...

   LISTEN RADIO