Editor

Editor

Last seen: 6 hours ago

Member since Sep 25, 2023
 gisubizo.com@gmail.com

IBANGA RY’UBUZIMA: Impamvu kudacika intege ari Intwaro yo gutsinda

Mu buzima, abantu benshi bakunda kuvuga ngo "inzozi zanjye zarapfuye", ariko wakitegereza neza ugasa...

IBANGA RY’UBUZIMA: Nta mwijima utagira aho urangirira

Hari igihe ubuzima buhagarara nk’umusozi muremure umuntu atabona uko awurira. Umuntu arabyuka agasan...

IBANGA RY’UBUZIMA: Uri inkuru ikiri kwandikwa, kandi urupapuro rukurikira rushobora k...

Ubuzima ni urugendo rurerure rwuzuyemo amasomo menshi. Nta muntu ubaho atanyuze mu byishimo n’agahin...

IBANGA RY’UBUZIMA: Amasomo yo gukemura amakimbirane mu bashakanye

Urugo ni ishuri ry’ubuzima, aho abantu babiri bahurira bakazana amateka atandukanye, imyumvire itand...

IBANGA RY’UBUZIMA: Ubugwaneza, imbaraga ntoya zihindura Isi

Ubugwaneza ni imwe mu mico y’ingenzi ituma abantu babana neza, bakubahana, kandi bagashyira imbere u...

IBANGA RY’UBUZIMA: Ibyo wabuze si iherezo, ni intambwe yo kwiyubaka bundi bushya

Ubuzima ni urugendo rurerure rugizwe n’intsinzi n’ibigeragezo, ibyishimo n’agahinda, gutsinda no gut...

Itandukaniro rya Victim na Victor: Impamvu bamwe batera imbere abandi bagahagarara

Hari abantu benshi mu buzima bumva ko uko babayeho byose biterwa n’abandi: umuryango, Leta, amahirwe...

IBANGA RY’UBUZIMA: Guca bugufi si amahitamo y’abanyantege nke, ahubwo ni icyemezo cy’...

Mu buzima bwa muntu, guca bugufi ni imwe mu mico ikomeye cyane igira uruhare mu kubaka umuntu wuzuye...

IBANGA RY'UBUZIMA: Umunyabwenge amenya ko ikosa ari ishuri, atari igihano.

Mu buzima bwa muntu, nta waba intungane burigihe. Twese tugenda mu nzira irimo kugerageza, kwiga, r...

IBANGA RY’UBUZIMA: Kwihangana, imbaraga zihishe zituma ugera ku ntego

Kwihangana ni imwe mu ndangagaciro z’ingenzi zigira uruhare runini mu buzima bwa muntu. Mu rugendo r...

IBANGA RY'UBUZIMA: Ishyari ribi, indwara itagaragara yica buhoro buhoro ubuzima n’imi...

Reka dutekereza ku ngingo ikomeye cyane igira ingaruka ku buzima bw’umuntu n’imibanire ye n’abandi: ...

Ibanga ry'ubukire: Kuki imyitwarire mibi ari umwenda utagaragara mu mpapuro?

Reka tugaruke ku kintu abantu benshi batajya batekerezaho, ariko kigira uruhare runini cyane mu mibe...

IBANGA RY’UBUZIMA: Kubaha abandi si intege nke

Kubangamira abandi ni ikibazo gikunze gufatwa nk’ikintu gito, nyamara kigira ingaruka zikomeye ku bu...

IBANGA RY'UBUZIMA: Ukuri kuruta ibyo tubona

Mbere yo gucira abandi urubanza jya ubanza ubasobanukirwe, twibagiwe ko buri muntu atwara inkuru ita...

Ubwonko n’Igihe: Aho ibitekerezo bihinduka icyerekezo cy'umuntu

Twaganiriye ku kintu gikomeye cyane: assets na liabilities. Twabonye ko asset ari ikintu cyongerera ...

IBANGA RY'UBUZIMA: Mu bikomere havukamo imbaraga

Buri muntu afite amateka yanyuzemo amwe aramubabaza, ayandi aramwigisha. Nubwo hari aho twakomerekej...

   LISTEN RADIO