Uwicyeza Pamella yaciye amarenga ko yaba atwite

Miss Uwicyeza Pamella uherutse gukora ubukwe n'igihangange mu muziki nyarwanda, The Ben, yaciye amarenga koo ashobora kuba yaramaze gusama.

Feb 7, 2024 - 14:15
Feb 8, 2024 - 09:37
 0
Uwicyeza Pamella yaciye amarenga ko yaba atwite

Aya marenga yayaciye abinyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa Twitter, aho yagaragaje ko ashobora kuba asigaye agira isesemi n'isereri bimwe mu bimenyetso bigaragaza umuntu utwite.

Yagize ati "Isesemi, Isereri,... bishatse kuvuga iki?" 

Ababonye ubu butumwa bihutiye kumubwira ko yamaze gusama ndetse bagaragaza ko ari amakuru bishimiye kumva, bakomeza gutanga igitekerezo bagenda bamubwira amagambo amushimira.

The Ben na Pamella baherutse kurushinga umwaka ushize kuwa 23 Ukuboza 2023, nyuma yaho berekeza mu kwezi kwa buki I Dubai, Kenya ndetse na Misiri 

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow