IBANGA RY’UBUZIMA: Ujye usaba Imana iki kintu gikomeye
1. Ubukire ntabwo ari urufunguzo rw'ibyishimo, ahubwo ibyishimo ni urufunguzo rwo gukira. Niba ukunda ibyo ukora, uzakira.
2. Ntuzigere ucogora. Uyu munsi biragoye, ejo bizaba bibi, ariko ejobundi izuba rizarasa.
3. Impinduka ntizaza niba utegereje undi muntu cyangwa ikindi gihe. Turi abo twategereje. Turi impinduka dushaka.
4. Ujye usaba Imana iguhe umutuzo wo kwakira ibintu utashobora guhindura, ubutwari bwo guhindura ibintu ushoboye, n'ubwenge bwo kumenya itandukaniro.
What's Your Reaction?








