Ibanga ry'ubuzima
Niba abantu badaseka intego zawe, intego zawe ni nto cyane. Kumenya ntibihagije, tugomba gushakisha. Ubushake ntibuhagije, tugomba gukora.

Intambwe yambere yo kugera ahantu hose ni uguhitamo ko utagishaka kuguma aho uri.
Niba wihebye uri kubaho mu hahise hawe, niba uhangayitse uri kubaho ejo hazaza hawe, niba ufite amahoro uri kubaho muri iki gihe.
Niba udafashe umwanya wo gukora kugirango ureme ubuzima wifuza, amaherezo uzahatirwa kumara umwanya munini uhura n’ubuzima udashaka.
Intsinzi ntabwo igerwaho no gutsinda igihe cyose. Intsinzi nyayo iza iyo tuzamutse muri cya gihe tumaze kugwa.
Intwari nyayo n’umugabo urwana kabone nubwo yaba afite ubwoba.
Ubunyangamugayo buguha umudendezo nyawo kuko ntabwo uba ufite ubwoba kuko ntacyo uhishe.
Umugabo nyawe ni umuntu utinya urupfu rwumutima we, ntabwo ari umubiri we.
Igihombo nyacyo kibaho ni igihe ukunda ikintu runaka kuruta uko wikunda.
Inkovu zacu zitumenyesha ko amateka yacu yabaye ayukuri.
Mugihe utangiye kwishidikanyaho ubwawe isi yanyayo izakurya uri muzima.
What's Your Reaction?






