I Kigali hateraniye inama yiga ku iterambere ry'imijyi
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo n’abandi bahanga mu by’imiturire y’imijyi muri Afurika bari mu kiganiro kigaragaza ibigomba gukorwa kugirango Ubuyobozi bw’imijyi bushobore kujyana n’umuvuduko w’imijyi kuri uyu mugabane.
What's Your Reaction?








